Danybeats
utunganya indirimbo z’abahanzi batandukanye bo mu Rwanda yatangaje ko hari imishinga
afite ateganya gukorana n’abahanzi bakomeye ku rwego mpuzamahanga nka Burnaboy,
Diamond Platnumz na...
Itsinda rya James
na Daniella rimaze kwigarurira imitima y’abantu batari bake bakurikira indirimbo
zo kuramya no guhimbaza Imana zituma i bajya mu mwuka.
Mujyanama Claude uzwi
nka TMC mu itsinda rya Dream Boys yerekeje muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika nyuma
y’iminsi bivugwa ko agiye gukomerezayo amasomo ye.
Umukinnyi w’ikirangirire mu mukino w’iteramakofe, Floyd Mayweather yatanze amafaranga ibihumbi $88 yo kwifashisha mu mihango yo gushyingura George Floyd uherutse kwicwa n’umupolisi...
Umuraperi wo muri Amerika Kanye West n’umugore we Kim Kardashian bashobora gutandukana nyuma y’umwaka umubano wao wajemo agatotsi mu mwaka ushize wa...