Itsinda rya James
na Daniella rimaze kwigarurira imitima y’abantu batari bake bakurikira indirimbo
zo kuramya no guhimbaza Imana zituma i bajya mu mwuka.
Mujyanama Claude uzwi
nka TMC mu itsinda rya Dream Boys yerekeje muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika nyuma
y’iminsi bivugwa ko agiye gukomerezayo amasomo ye.